Muhayimana Théogène yashimiye Ikigega Cyihariye Cy’Ingoboka (SGF) kubera ko indishyi yahawe, nyuma y’impanuka yatewe na moto yari itwawe n’umumotari…
Abakozi ba SGF, RDB, n’inzego z’ibanze bafatanyije gusana urukuta rw’amabuye no gusibura umuferege, mu muganda bakoreye mu murenge wa Kinigi mu karere…
Mu rwego rwo kurushaho kwegera abafatanyabikorwa, abagenererwabikorwa n’abandi bakenera serivisi za SGF, kuva kuri uyu wa 28 kugeza kuwa 30 Gicurasi…
Kuri uyu wa gatanu tariki 3/5/2024, abakozi ba SGF basuye urwibutso rwa Bunyonga ruherereye mu murenge wa Karama akarere ka Kamonyi, banatanga inkunga…
Kuri uyuwa 1 Gicurasi, abakozi ba SGF bizihije umunsi mpuzamahanga w’umurimo banatora umukozi wahize abandi mu kunoza inshingano. Ubuyobozi bwa SGF…
Mu kwezi kwa 4 kugeza mu kwa 6 muri uyu mwaka wa 2024, abakozi ba SGF bari mu gikorwa cyo gusura uduce dutandukanye tw’igihugu hagamijwe kumenya…
Kuri uyu wa 25 Werurwe, abakozi ba SGF bahuriye mu mwiherero w’umunsi umwe, baganira ku buryo barushaho kunoza inshingano zabo, banaganirizwa…
Mu rwego rwo kugira ubumenyi buhagije mu bijyanye no kwirinda no gukemura ibibazo byaturuka ku biza n’izindi ngorane bitunguranye bishobora kuba…
Kuri uyu wa 29 Werurwe 2024, nibwo SGF (Ikigega Cyihariye cy’Ingoboka) cyasinyishije indishyi umuryango wa nyakwigendera Habimana Djaribu wari utuye…
Kuri uyu wa 24 Werurwe 2024, nibwo hasojwe amarushanwa y’icyiciro cya nyuma cy’imikino ya sitting volley. Iyi mikino y’icyiciro cya nyuma yaberaga mu…